Tuvugishe - Elämä Rwanda | Ibitekerezo, Ibibazo n'Imikoranire

Murakaza neza kuri Elämä Rwanda. Twishimira kwakira ibitekerezo, ibibazo ndetse n'ibyifuzo by'abasomyi bacu.
Niba wabonye amakosa mu makuru y'ubuzima, ufite igitekerezo cyo kunoza inkuru, cyangwa ushaka kumenya byinshi ku ngingo runaka, ushobora kutwandikira.
  1. Home
  2. Contact us

Ibitwerekeyeho

Elämä Rwanda ni urubuga rutanga amakuru ku buzima, indwara, imirire n'imibereho myiza mu Kinyarwanda.
Intego yacu ni ugufasha abantu kubona ibisobanuro byoroshye kumva bishingiye ku makuru yizewe.


Medical content policy

Niba ubonye amakuru adahuye n'ubushakashatsi bugezweho cyangwa ufite ibisobanuro byafasha kunoza inkuru, turagutera inkunga yo kutwandikira.
NB: Amakuru y'ubuzima agenda ahinduka uko ubushakashatsi bushya bugenda buboneka.


Editorial policy

Inkuru za Elämä Rwanda zikorwa hagamijwe gutanga amakuru y'ubuzima mu Kinyarwanda. Dukoresha amasoko (sources) yizewe arimo inyandiko z'inzobere, ubushakashatsi n'imiryango yizewe mu by'ubuzima.
Iyo bishoboka, dushyiraho references kugira ngo abasomyi bashobore kugenzura inkomoko y'amakuru.

Twandikire

Ufite ikibazo ku nkuru wasomye? Wabonye amakosa mu makuru y'ubuzima? Ufite igitekerezo cyadufasha kunoza urubuga?
Twandikire.

Tuvugishe

Call: (250) 7259-37325
Email: info@elama.rw
Website: https://elama.rw

Dusubiza ubutumwa mu minsi 1–3 y'akazi.



Location

Kiramuruzi,
Eastern Province,
Rwanda


Powered and managed by
ONZE 11 RWANDA Ltd (Reg:151444258).




MEDICAL DISCLAIMER
Ibiri kuri uru rubuga bigenewe kwigisha gusa, ntibisimbura inama za muganga. Niba ukeneye ubufasha, banza ugishe inama muganga.

ESE HARI
IKIBAZO UFITE? →
Tuvugishe